Elements needed for taking good decision…
This is a good opportunity given by our Almighty God to hear what help us in this journey we have already started, We are going to talk about decision but focusing on This Topic:
Showing Christ to Academicians
This is a good opportunity given by our Almighty God to hear what help us in this journey we have already started, We are going to talk about decision but focusing on This Topic:
Yesu ashimwe!Ubuntu bw’Imana n’amahoro itanga bibe mumitima yanyu iteka bityo umucyo usimbure umwijima ;Ibyishimo nabyo bisimbure umubabaro iteka ryose Amen.Uko iminsi igenda isimburana tugenda tubona ibimenyetso byerekana ko turi muminsi y’imperuka. Ikibabaje ni kimwe ni uko abantu bo batabyitaho nagato.iyo dusomye m’ubutumwa bwiza bwa Yesu Read More …
Hariho ibimenyetso byinshi byerekana ko umuntu yatewe na satani ariko hano turaganira kubimenyetso bine byibanze bigomba kukumenyesha ko watewe n’imyuka mibi ya Satani n’uburyo ugomba kurwana iyo ntambara mugihe umwanzi Satani aguteye.
Ndabasuhuje mu izina ry’Umwami wacu Yesu Kristo nti mugire amahoro kandi nongera kubifuriza kugirirwa neza n’Imana,Nitwa Innocent NDIKUBWIMANA, Nejejwe n’Imana impaye uyu mwanya ngo nanjye tuganire kuri Yesu kristo Umwana w’Imana ariko cyane cyane twibande ku insanganyamatsiko ivuga ngo :
IAbakorinto11:23;Nuko icyo nahawe n’umwami kumenya nicyo nabahaye namwe,yuko umwami yesu ijoro bamugambaniyemo yenze umutsima. Nifuje kubasangiza iri jambo mwese bakristo mukunda uru rubuga, ryo kwenda(gufata)umutsima mu ijoro satani yakugambaniyemo kdi impamvu yakagambane iruta akagambane ubwako. Ubusanzwe amajoro agenda agira ireme kubera ikiyarimo, gusa twibukiranye ko Read More …
Matayo14:30 : ariko abonye umuyaga ko ari mwinshi aratinya, atangiye kurengerwa arataka ati: databuja nkiza. Bene data, ncuti z’umusaraba dufatanije urugendo rugana isiyoni, nifuje kubasangiza iri jambo Imana ishyize ku mutima wanjye rivuga’ibanga cg imbaraga zituruka mu gutumbira yesu uri mu kaga,mu muraba ariko ntiwite Read More …
Yobu42:10 yobu agisabira bagenzi be, uwiteka aherako aramwunamura amukiza ibyago bye,amuha ibihwanye n’ibyo yari afite kabiri
(matayo18.21).Yesu asubiza Petero ati:”sinkubwiye ko ugeza karindwi,ahubwo yuko ugeza mirongo irindwi karindwi. Kubabarira ni ugutandukanya umuntu n’ikibi ya gukoreye,Ikibi yagukoreye ukagiharira satani,maze uwo muntu ukamugira umwere,mbehe Ni ukumugirira impuhwe.
UMUTWE W’IKIGISHO:Emera kunyura mu nzira Imana ikoyoboramo kuko aribwo izakwishimira. Ku bantu batamenye Imana,Kwirata imbaraga zabo biremera , Ariko abantu bitiriwe izina ry’Imana ntibikwiriye kandi ntibishoboka ko Imana ibareka ngo birate imbaraga zabo. Ikindi kandi burya uburere umuntu aba yarahawe n’ababyeyi cg na societe arimo Read More …
Ndabashuhuje mu izina ry’Umwami wacu Yesu Kristo nti mugire amahoro kd nongera kubifuriza kugirirwa neza n’Imana! Nitwa Innocent NDIKUBWIMANA, Nejejwe n’Imana impaye uyu mwanya ngo nanjye tuganire kuri YESU KRISTO Umwana w’Imana ariko cyane cyane twibande kumwihariko cg insanganyamatsiko ivuga ngo: