Nubwo utarumenyereye ariko iryo ufite mu mvumba biraziranye

1Samuel 17:49 Dawidi akabakaba mu mvumba ye akuramo ibuye ararirekera,arikocora umufirisitiya mu ruhanga ririgitamo,yikubita hasi yubamye. Bene data dusangiye gucungurwa n’amaraso ya yesu, mbanje kubasuhuza mu izina ry’uwatubambiwe ku musaraba akadukuraho urwandiko rwaturegaga akiherezaho amahanga yose akavuga ngo abarushye n’abaremerewe
Do you want to know your biggest enemy?
Gilgal Choir Muri stade mukebera y’I rutsiro Imana idukoreye Ibikomeye

Nkuko twabibamenyesheje choral Gilgal kuva kuwa gatanu 29/07/2016 ubu turi mu ivugabutumwa mu itorero ry’akarere ka rutsiro, Paroisse Congo Nil,Aho igitondo cyo kuri uyu wa gatandatu twaramukiye mu muganda wo kubakira abatishoboye dufanije n’ubuyobozi bw’akarere ka rutsiro, n’Umunyamabanga mukuru muri
Uko gahunda y’urugendo rwa choral gilgal rw’iminsi 2 i rutsiro ipanze
Imbaraga z’umuturanyi wa Bugufi
Muri Rajepra naho ubutumwa bwiza bukiza bukomeje kuhasesekara
GODLY FINANCIAL LAW/ SPIRITUAL LAWS OF FINANCIAL
Impamvu zo kutiyumanganya=Ntituzaceceka

ibyakozwe n’intumwa 4:20 kuko tutabasha kwiyumanganya ngo tureke kuvuga ibyo twabonye kandi twumvise. Bene data ncuti z’umusaraba ngarutse na none kuri iyi ncuro ngo dukomeze kuganira ku ijambo ry’Imana impamvu zituma tutiyumanganya tukavuga ubudatuza. Ubusanzwe ntawushobora gupfuka isoko ngo abishobore