
Slider Image 1
Slider Image 1 Content
Showing Christ to Academicians
Kuwa 20 Nzeri 2022, muri UR Campus ya Nyarugenge nibwo hakozwe amateraniro ya mbere ya CEP-UR NYARUGENGE mu gihembwe cya kabiri, mu mwaka w’amashuri wa 2021-2022. Amateraniro yayobowe na MBAGOROZIKI Yves. Ni amateraniro yitabiriwe mu buryo bushimishije n’abanyamuryango ba CEP-UR NYARUGENGE, inshuti z’umuryango ndetse n’abashyitsi; Read More …
Nubwo bwose muri iki cyumweru ndetse no mu cyumweru gishize muri University of Rwanda, Nyarugenge campus ari naho CEP-UR Nyarugenge ibarizwa turi mu bihe bya Exams kuri accademic calendar ya campus, ntabwo byakuyeho guterana kwera muri CEP (Turashima Imana ikomeje kudufasha kandi no kudutsindishiriza muri Read More …
“KUBA UMWIGISHWA WA YESU WO MU IBANGA” Amateraniro yo kuwa 17/09/ 2023 y’ umuryango wa CEP-UR NYURUGENGE , Umuryango w’ abanyeshuri ba ADEPR biga muri kaminuza y’ urwanda ishami ry’ ubumenyi n’ ikoranabuhanga Twatangiranye na Elim Worship Team ituririmbira Indirimbo bagira bati : Amazi y’ubugingo Read More …
Mu gitondo cyo ku cyumweru tariki ya 10 Nzeri 2023 ahagana saa moya za mu gitondo nibwo itsinda ry’abinginzi/abanyamasengesho cyangwa Intercession group mu rurimi ry’icyongereza , iritsinda no kuri uyu munsi nibo babimburiye abandi kuhagera bakomeza kwinginga Imana basabira iteraniro muri rusange ngo Imana ikomeze Read More …
CEP –UR NYARUGENGE None kucyumweru tariki ya 03 Nzeri 2023, twagize amateraniro meza y’umugisha tuyobowe n’umuyobozi wa gahunda NZAYISENGA Jean De Dieu. Twatangiye iteraniro mundirimbo ya 186 gushimisha Imana , tuyobowe na ELIM PRAISE & WORSHIP TEAM. Bati:”mu isi yacu no mu ijuru nta zina Read More …
CEP ni umuryango w’abanyeshuri baba pentecoste biga muri kaminuza. CEP ni impine y’amagambo yo mu rurimi rw’igifaransa avuga “Communute des Etudiantes Pentecotistes (ADEPR) de l’Universite du Rwanda(CEP)”. Nkindi miryango yose ifite abanyamuryango bayigize igira abayobozi bayiyoboye, CEP nayo nuko, igira ubuyobozi butandukanye buyoboye abandi. Nkuko Read More …
Inkigi 4 itorero dukomokaho ryagenderagaho 1.gukora amateraniro(guterana kwera) nubwo bwose nta nsengero zabagaho. 2. Ijambo ry’Imana 3. Igaburo ryera 4. Barafashanyaga. Nta mukene wabaga muribo. Ubu muri iyi minsi satani yashegeshe izi nkingi cyane cyane iya4 ariyo gufashanya. Rero nkuko twebwe CEP twabashije gukora inkingi Read More …
Gilgal choir- CEP-UR Nyarugenge tunejejwe n’Imana mu mitima ko itwemereye gushyika Kuri iki cyumweru itariki 09/07/2023, umunsi twari dutegereje aho Gilgal Choir ibarizwa muri cep ur nyarugenge yagize ivugabutumwa ngarukamwaka rizwi nka NTITUZACECEKA TOUR, kuri iyi nshuro rikaba ryabereye mu burengerazuba bw’igihugu cyacu cy’u Rwanda Read More …
Yesu ashimwe bene data bakundwa muri kristo Yesu, CEP UR NYARUGENGE turashima Imana data wa Twese uri mu ijuru ari nayo se w’Umwami wacu Yesu Kristo ko twongeye kugirirwa ubuntu bwo kugira guterana kwera nkuko ijambo ry’Imana ribivuga ngo uko iminsi ishira dukomeze kurushaho gukumbura Read More …
Amatereniro ya tangijwe nitsinda ry’abanyamasengesho aho bakomeza basengera gahunda zose ziba zirabera mu iteraniro kugira ngo umwuka w’Imana akomeze abane n’teraniro.Ababa nyamasengesho bakurikirwa na Elim Praise and Worship Team nabo aho batangira ni sengesho ryabo,bakomeza bafasha iteraniro mu mwanya mwiza wo gukomeza kuramya no guhimbaza Read More …
AMATERANIRO YA CEP-UR-NYARUGENGE ku wa 29 Kamena 2023 Uyu munsi w’umugisha twongeye guterana duteranira mu nyubako yitwa Muhabura iri mu ishuri rya kaminuza y’u Rwanda ishami ry’ubumenyi n’ikoranabuhanga (UR-CST) mu cyumba cya P001 kiba muri iyo nyubako. Amateraniro yatangijwe n’umuyobozi wa gahunda IRADUKUNDA David atangira Read More …