Bongeye kubwirwa KWITOZA KUBAHA IMANA Nyuma y’ibyumweru 2 gusa bagiye muri vacance!

Kuwa 20 Nzeri 2022, muri UR Campus ya Nyarugenge nibwo hakozwe amateraniro ya mbere ya CEP-UR NYARUGENGE mu gihembwe cya kabiri, mu mwaka w’amashuri wa 2021-2022. Amateraniro yayobowe na MBAGOROZIKI Yves. Ni amateraniro yitabiriwe mu buryo bushimishije n’abanyamuryango ba CEP-UR NYARUGENGE, inshuti z’umuryango ndetse n’abashyitsi; Read More …

Dr Samuel BIRINGIRO “muri rimwe ni hanga wimukire muri gatatu”

mu buzima buri academic ntabwo bishoboka ko wava muwa mbere ngo uhite ujya muwa gatatu ngo bigukundire. buri somo rigenda rihereza irindi kandi bikagira amategeko abigenga. ariko mu buzima bw’ umwuka kuva muri rimwe ukajya muri gatatu niho honyine bikunda. mu mibanire yacu n’imana tugira Read More …