Bongeye kubwirwa KWITOZA KUBAHA IMANA Nyuma y’ibyumweru 2 gusa bagiye muri vacance!

Kuwa 20 Nzeri 2022, muri UR Campus ya Nyarugenge nibwo hakozwe amateraniro ya mbere ya CEP-UR NYARUGENGE mu gihembwe cya kabiri, mu mwaka w’amashuri wa 2021-2022. Amateraniro yayobowe na MBAGOROZIKI Yves. Ni amateraniro yitabiriwe mu buryo bushimishije n’abanyamuryango ba CEP-UR NYARUGENGE, inshuti z’umuryango ndetse n’abashyitsi; Read More …

Dr Samuel BIRINGIRO “muri rimwe ni hanga wimukire muri gatatu”

mu buzima buri academic ntabwo bishoboka ko wava muwa mbere ngo uhite ujya muwa gatatu ngo bigukundire. buri somo rigenda rihereza irindi kandi bikagira amategeko abigenga. ariko mu buzima bw’ umwuka kuva muri rimwe ukajya muri gatatu niho honyine bikunda. mu mibanire yacu n’imana tugira Read More …

IJAMBO RY’UMUNSI

KWIZERA NO KUMVIRA INTAMBWE ZITUGEZA KU MASEZERANO Y’IMANA Kuwa3, Le24/08/2022 1Sam15:22Samweli aramusubiza ati “Mbese Uwiteka yishimira ibitambo byoswa n’ibindi bitambo kuruta uko yakwishimira umwumviye? Erega kumvira kuruta ibitambo, kandi kwitonda kukaruta ibinure by’amasekurume y’intama. KUMVIRA👉🏾Nk’uko twabivuze, nyuma yo kumva (ugasobanukirwa ibyo ubwiwe) hakurikiraho kwizera, nyuma Read More …

KUREMWAMO UMUTIMA W’IHUMURE

Healing and reconciliation commission(abakozi bashinzwe isanamitima n’ubwiyunge0,niitsinda rikorera umurimo w’Imana muri CEP UR NYARUNGE rishinzwe gufatanya n’Imana komora ndetse no kugarura ubwiyunge muri CEP nk’umuryango wabanyeshuri bo muri kaminiza basengera mu itorero rya ADEPR mu Rwanda.guhera kuwa 18/04/2016 kugeza 24/04/2016,cyari icyumweru cy’iyo commissionaho bari bafite Read More …