Bongeye kubwirwa KWITOZA KUBAHA IMANA Nyuma y’ibyumweru 2 gusa bagiye muri vacance!

Kuwa 20 Nzeri 2022, muri UR Campus ya Nyarugenge nibwo hakozwe amateraniro ya mbere ya CEP-UR NYARUGENGE mu gihembwe cya kabiri, mu mwaka w’amashuri wa 2021-2022. Amateraniro yayobowe na MBAGOROZIKI Yves. Ni amateraniro yitabiriwe mu buryo bushimishije n’abanyamuryango ba CEP-UR NYARUGENGE, inshuti z’umuryango ndetse n’abashyitsi; Read More …

Dr Samuel BIRINGIRO “muri rimwe ni hanga wimukire muri gatatu”

mu buzima buri academic ntabwo bishoboka ko wava muwa mbere ngo uhite ujya muwa gatatu ngo bigukundire. buri somo rigenda rihereza irindi kandi bikagira amategeko abigenga. ariko mu buzima bw’ umwuka kuva muri rimwe ukajya muri gatatu niho honyine bikunda. mu mibanire yacu n’imana tugira Read More …

IJAMBO RY’UMUNSI

KWIZERA NO KUMVIRA INTAMBWE ZITUGEZA KU MASEZERANO Y’IMANA Kuwa3, Le24/08/2022 1Sam15:22Samweli aramusubiza ati “Mbese Uwiteka yishimira ibitambo byoswa n’ibindi bitambo kuruta uko yakwishimira umwumviye? Erega kumvira kuruta ibitambo, kandi kwitonda kukaruta ibinure by’amasekurume y’intama. KUMVIRA👉🏾Nk’uko twabivuze, nyuma yo kumva (ugasobanukirwa ibyo ubwiwe) hakurikiraho kwizera, nyuma Read More …

Nubwo utarumenyereye ariko iryo ufite mu mvumba biraziranye

1Samuel 17:49 Dawidi akabakaba mu mvumba ye akuramo ibuye ararirekera,arikocora umufirisitiya mu ruhanga ririgitamo,yikubita hasi yubamye. Bene data dusangiye gucungurwa n’amaraso ya yesu, mbanje kubasuhuza mu izina ry’uwatubambiwe ku musaraba akadukuraho urwandiko rwaturegaga akiherezaho amahanga yose akavuga ngo abarushye n’abaremerewe muze mbaruhure. Ngarutse kukwibutsa ko Read More …

Imbaraga z’umuturanyi wa Bugufi

Kuva33:21: kdi uwiteka ati hariho ahantu bugufi bwanjye,nawe uzahahagarare ku rutare. Bene data ncuti z’umusaraba dufatanije gucungurwa n’amaraso ya yesu kristo, ngarutse iyi ncuro ngo tuganire kuri iri jambo Imana ishyize ku mutima wanjye rivuga: Imbaraga z’umuturanyi wa bugufi.

Nyurwa na nimero yawe by Ev maombe

Itimoteyo6:6-10 : icyakora koko kubaha uwiteka iyo gufatanije no kugira umutima unyuzwe kuvamo inyungu nyinshi. Bakundwa ncuti z’umusaraba dufatanije gucungurwa n’amaraso ya yesu nongeye kubasuhuza mu izina ry’uwatubambiwe ku musaraba akaba impongano y’ibyaha byacu akitwa ikivume kubwacu kgo twe abatari ubwoko tube ubwoko(1peter2:10) dutunze imitima Read More …