Category Archives: Inyigisho
Nubwo utarumenyereye ariko iryo ufite mu mvumba biraziranye

1Samuel 17:49 Dawidi akabakaba mu mvumba ye akuramo ibuye ararirekera,arikocora umufirisitiya mu ruhanga ririgitamo,yikubita hasi yubamye. Bene data dusangiye gucungurwa n’amaraso ya yesu, mbanje kubasuhuza mu izina ry’uwatubambiwe ku musaraba akadukuraho urwandiko rwaturegaga akiherezaho amahanga yose akavuga ngo abarushye n’abaremerewe
Imbaraga z’umuturanyi wa Bugufi
Impamvu zo kutiyumanganya=Ntituzaceceka

ibyakozwe n’intumwa 4:20 kuko tutabasha kwiyumanganya ngo tureke kuvuga ibyo twabonye kandi twumvise. Bene data ncuti z’umusaraba ngarutse na none kuri iyi ncuro ngo dukomeze kuganira ku ijambo ry’Imana impamvu zituma tutiyumanganya tukavuga ubudatuza. Ubusanzwe ntawushobora gupfuka isoko ngo abishobore
Mbese kwiringira Imana biturinda amakuba?
Nyurwa na nimero yawe by Ev maombe

Itimoteyo6:6-10 : icyakora koko kubaha uwiteka iyo gufatanije no kugira umutima unyuzwe kuvamo inyungu nyinshi. Bakundwa ncuti z’umusaraba dufatanije gucungurwa n’amaraso ya yesu nongeye kubasuhuza mu izina ry’uwatubambiwe ku musaraba akaba impongano y’ibyaha byacu akitwa ikivume kubwacu kgo twe abatari
Elements needed for taking good decision…
muhore mukenyeye kandi amatabaza yanyu yake.

Yesu ashimwe!Ubuntu bw’Imana n’amahoro itanga bibe mumitima yanyu iteka bityo umucyo usimbure umwijima ;Ibyishimo nabyo bisimbure umubabaro iteka ryose Amen.Uko iminsi igenda isimburana tugenda tubona ibimenyetso byerekana ko turi muminsi y’imperuka. Ikibabaje ni kimwe ni uko abantu bo batabyitaho nagato.iyo
Ibimenyetso bine bizagaragaza ko watewe na satani.
Yesu Kristo ni umuzabibu natwe turi amashami.
Kwenda umutsima mu ijoro wagambaniwemo

IAbakorinto11:23;Nuko icyo nahawe n’umwami kumenya nicyo nabahaye namwe,yuko umwami yesu ijoro bamugambaniyemo yenze umutsima. Nifuje kubasangiza iri jambo mwese bakristo mukunda uru rubuga, ryo kwenda(gufata)umutsima mu ijoro satani yakugambaniyemo kdi impamvu yakagambane iruta akagambane ubwako. Ubusanzwe amajoro agenda agira ireme