Monthly Archives: April 2016
ABIZERA BASHYA BAKIRIWE MURI CEP UR NYARUGENGE
kwita kubyo twumvise
NIGUTE UMUNTU AKIZWA, ESE BIMAZE IKI GUKIZWA?
KUREMWAMO UMUTIMA W’IHUMURE

Healing and reconciliation commission(abakozi bashinzwe isanamitima n’ubwiyunge0,niitsinda rikorera umurimo w’Imana muri CEP UR NYARUNGE rishinzwe gufatanya n’Imana komora ndetse no kugarura ubwiyunge muri CEP nk’umuryango wabanyeshuri bo muri kaminiza basengera mu itorero rya ADEPR mu Rwanda.guhera kuwa 18/04/2016 kugeza 24/04/2016,cyari
BYARI IBYISHIMO BIDASANZWE MURI KORALI GILGAL
Umuhanzi Etienne RUKUNDO akomeje kugaragaza umuhati udasanzwe mu kwagura impano ye.

Nyuma yo gukora indirimbo nka ‘’Twuzuze,Uuranyuze, Ninde muhwanye, Nzahindurwa ndetse na Ushyizwe hejuru’’ Umuhanzi Etienne RUKUNDO akomeje kwagura impano ye yo kamamaza ubutumwa bwiza abinyujije mu bihangano bye. Kuri uyu wa 17/04/2016 aganira n’umunyamakuru wa cepurnyarugenge.org aho yari avuye muri Studio gutunganya ibijyanye n’amajwi (sound
Sobanukirwa ko uri uw’ agaciro
Kwenda umutsima mu ijoro wagambaniwemo

IAbakorinto11:23;Nuko icyo nahawe n’umwami kumenya nicyo nabahaye namwe,yuko umwami yesu ijoro bamugambaniyemo yenze umutsima. Nifuje kubasangiza iri jambo mwese bakristo mukunda uru rubuga, ryo kwenda(gufata)umutsima mu ijoro satani yakugambaniyemo kdi impamvu yakagambane iruta akagambane ubwako. Ubusanzwe amajoro agenda agira ireme