IBINDI BIMENYETSO BYO GUTWARANA (Part2)

Inkigi 4 itorero dukomokaho ryagenderagaho

1.gukora amateraniro(guterana kwera) nubwo bwose nta nsengero zabagaho.

2. Ijambo ry’Imana

3. Igaburo ryera

4. Barafashanyaga. Nta mukene wabaga muribo.

Ubu muri iyi minsi satani yashegeshe izi nkingi cyane cyane iya4 ariyo gufashanya. Rero nkuko twebwe CEP twabashije gukora inkingi yo guterana biradukwiye ko dukomeza n’izindi nkingi cyane cyane iyi ya4 iyo satani yashegeshe.Nkuko uwiteka yabanye n’abisirayeli imyenda n’inkweto ntibibasazireho ninako dukwiye gutunga agakiza ibihe byose, iyi myambaro itarasazaga ishushanya agakiza(ntabwo buhinduka). Kwizera kuzanwa no kumva. Yesu yasize igipimisho cyo gupimisha kwizera umuntu afite. Nkuko kwizera kuzanwa n’ijambo ry’Imana ninaryo rigaragaza kwizera kwawe( kureba ibyo ijambo ry’Imana rivuga ureba niba ubikurikiza byose).Ubwami bw’Imana ni ubutegetsi bw’Imana bushyirwa mu bikorwa n’Imana mu bushake bw’Imana.

Ibindi bimenyetso byo gutwarana.

3. Incamaje yo gukizwa kwawe. Hano hakubiyemo ibintu byinshi nirindi. discipline (Nta discipline ntacyabaye)..ubwenge.kugira ishyaka kandi rigakomeza.Gukorera ku ntego

4. Intoboro.kwizera. Kwihana..Amahoro hagati yawe n’Imana.. Amahoro hagati yawe na mugenzi wawe.. Ibyishimo by’agakiza. Ishamake yo gukizwa kwawe. Gusaba ubugingo,kutishyira mubyiki gihe

5. Guhora witeguye guhangana n’ibyisi

6.Guhora witeguye ku rwana intambara nziza yo kwizera .

7. Kwemera kunyura mu irembo rifunganye kandi uri buhuriremo n’umuyaga uturutse imbere (Luka 13:24. Matayo 14:27-35) ibisabwa kugirango bishoboke ni 21. Ijambo Imana yakuvuzeho. Burya Imana ijya yivuguruza kubyo yavuganye numuntu. Urugero rwiza turusanga muri 1samueli 2:30-32 aho Uwiteka yisubiyeho kubyo yari yaravuze kuri Eliya. Kwirengagiza/ kwiyambura ibikuremereye.ibyak.13:Niba ufite ubwami bw’Imana uba ugomba kuba uri urugingo rw’itorero kandi Uzi umumaro wawe nkuko urugingo rugira umumaro warwo ku mubiri.Byaba bibabaje uramutse ubaye uri umukristo ariko utazi umumaro wawe mu itorero n’aho utuye muri rusange

*Tube amavuta mazima yo kubaka inyubako yo kubabwamo n’Imana*Gutegeka kwa kabiri 10:8-12

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *