Impfura za abafinalist ba CEP UR Nyarugenge mucyumweru cyabahariwe

Kuncuro ya mbere mu izina rishya mu kirango gishya ndetse namwe mumabwiriza mashya(new status) CEP UR Nyarugenge umuryango ugizwe n’abanyeshuri biga muri UR Nyarugenge campus ukaba umaze icyumweru kimwe uhinduye amazina ndetse nibirango bimwe byayirangaga dore ko yari isanzwe yitwa CEP kist-khi ushaka gusoma ibyo guhindura izina kanda hano

Kurubu abandika amateka bakwandika kuko kuva ya kwitwa CEP UR Nyarugenge bwa mbere mu mateka nibwo hagiye kuba icyumweru cya abanyamuryango bayo bari mumwaka usoza amasomo yabo ( abafinalist) kizatangi kuwa 22/03/2016-27/03/2016 kizaba ari icyumweru kiganjemo gushima Imana ndetse no kugira inama barumuna babo bakiri mumyaka yo hasi nkuko intego barikugenderaho ibivuga Abaheburayo 6:11

uku niko gahunda iteganijwe kugenda

uku niko gahunda iteganijwe

Kurubu bamwe ntibarikubura kugaragaza amavamutima yabo hakiri kare mbere yuko igikorwa nyirizina cyo gusezeranaho kigera aho bamwe bavuga ngo tuzabakumbura ndetse nandi magamba wabwira umuntu ugiye kukujya kure.

Tubibutse ko iyo aba banyamuryango barangije amasomo yabo bigaga muri Nyarugenge campus bitavuga ko bavuye muri CEP UR Nyarugenge burundu ahubwo bahita binjira mukindi kiciro nacyo kibarizwa muri CEP kitwa abaposte.Icyo kiciro kikaba aringirakamaro dore ko uretse ko banagaruka gukomeza kugira barumuna babo bakiri kuntebe y’ishuri inama banabafasha mubikorwa bimwe nabimwe bikenera ubushobozi ( Experience n’amafaranga)

Aba nibo bafinalist ba CEP UR Nyarugenge

Aba nibo bafinalist ba CEP UR Nyarugenge

Abanyamuryango bari mumwaka urangiza barasaga 70

By IGABE Pappy Aristide

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *