
Slider Image 1
Slider Image 1 Content
Showing Christ to Academicians
Kuri iki cyumweru tariki ya 25 Kamena 2023 muri CEP-UR NYARUGENGE habereye amateraniro adasanzwe. Amateraniro yuyu munsi yayobowe na UMUHOZA Sandrine kandi yitabirwa n’abapost cepien (ne) s , abashyitsi ndetse n’abanyamuryango ba CEP-UR Nyarugenge mumatsinda yose asazwe akora umurimo w’Imana muri CEP-UR Nyarugenge muriyo yabimburiwe Read More …
Muri iki cyumwera cyo kuwa 19-25 kamena 2023 muri cep ur nyarugenge twari mu cyumweru cyahariwe social team icyumweru cyiswe social week. Ushobora kwibaza uti ese social team ni iki? Social team ni itsinda rikorera mu muryango wa cep ur nyarugenge rishinzwe imibereho myiza ndetse Read More …
ITERANIRO RYO KU WA KABIRI MURI ACADEMIC 2022-2023 Tariki 13/06/2023 Iteraniro ryari riyobowe na “IGITANGAZA Sandrine” wiga mu mwaka wa 2. Twatangiye dusenga maze Elim worship Team idufasha mu kuramya no guhimbaza maze turirimba indirimbo ya 93 “umunsi mwiza nibuka ni uwo nakwemereyeho” n’iya 120 Read More …
Kuwa kabiri taliki ya 06th Kamena 2023. Byari umunezero mwinshi cyane ubwo abanyeshuri bagarutse kumasomo muri uyu mwaka w’amashuri, Bari baje mu iteraniro ribimburira andi materaniro ya CEP yose azakorwa muri uyu mwaka,Buri wa kabiri w’icyumweru kuva saa 17:00 kugeza saa 19:00, Umuryango w’abanyeshuri biga Read More …
Kuri uyu wa kane taliki ya 23, mutarama 2023, ku itorero rya ADEPR BIRYOGO nibwo hari hateganyijwe igitaramo cy’amasengesho. Ni igitaramo kandi NAZIR Choir ikorera umurimo w’Imana muri CEP_UR Nyarugenge yari yatumiwemo gukoramo umurimo w’ivugabutumwa mu ndirimbo. Ahagana mu masaha ya saa kumi n’imwe n’igice Read More …
Kuri uyu wa mbere tariki y 26.12.2022 kuva saa mbiri kugeza saa tanu zamanywa muri Paruwase ya Nyarugenge haberereye umuhango kubatiza mumazi menshi abizera bashya , aho habatizwe abagera kuri 119 baturutse muri PARUWASE YOSE ndetse hakakirwa nabandi bavuye muyandi matorero ariko basanzwe babarabatijwe mumazi Read More …
Kuri iki cyumweru taliki ya 25, ukuboza 2022 nkuko bisanzwe bimenyerewe ku bantu bose babakristo (abizeye Yesu nk’umwami n’umukiza w’ubugingo bwabo) buri mwaka umunsi nkuyu baba bizihiza uyu munsi bibuka ivuka ry’Umukiza wacu ari we Yesu kristo. Muri abo bizeye Yesu kristo nk’umwami n’umukiza w’ubuging Read More …
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 06/12/2022 kuri ADEPR GITEGA nibwo hari hateganyijwe ko hagomba kubera igitaramo kiswe “Ijoro ryo gutabaza” gifite intego igira iti “Ntabaza ndagutabara” igaragara muri Yeremmiya 33:3. Muri iki gitaramo kandi Gilgal choir ikorera umurimo w’Imana muri CEP-UR Nyarugenge yari yatumiwemo Read More …
Kuri iki cyumweru tariki ya 27 ugushyingo 2022 muma Saa 12h00 CEP UR NYARUGENGE ibarizwa muri kaminuza yu Rwanda ishami rya Nyarugenge harikubera igikorwa cyizwi nka NAZIR DAY aho kiba ngaruka mwaka iki gikorwa cyateguwe na Nazir choir Cep ur Nyarugenge ikorera umurimo w Imana Read More …
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 25 ukwakira 2022 nibwo muri kaminuza y’urwanda ishami rya Nyarugenge(UR Nyarugenege) hari hateganyijwe igitaramo cy’amasengesho mpuza matorero gifite intego ivuga “Kubera abandi umugisha” , aho umuryango mugari w’amatsinda y’abanyeshuri babakristo bo muri iyi kaminuza UESA, wari wateguye ko haba Read More …