KINGURIRA UMUTIMA WAWE KIRISITO

 ITERANIRO RYO KU WA KABIRI MURI ACADEMIC 2022-2023                Tariki 13/06/2023                Iteraniro ryari riyobowe na “IGITANGAZA Sandrine” wiga mu mwaka wa 2.  Twatangiye dusenga maze Elim worship Team idufasha mu kuramya no guhimbaza maze turirimba indirimbo ya 93 “umunsi mwiza nibuka ni uwo nakwemereyeho” n’iya 120 Read More …

CEP UR_ NYARUGENGE-Ishusho y’iteraniro rya mbere muri uyu mwaka w’amashuri wa 2022-2023.

Kuwa kabiri taliki ya 06th Kamena 2023. Byari umunezero mwinshi cyane ubwo abanyeshuri bagarutse kumasomo muri uyu mwaka w’amashuri, Bari baje mu iteraniro ribimburira andi materaniro ya CEP yose azakorwa muri uyu mwaka,Buri wa kabiri w’icyumweru kuva saa 17:00 kugeza saa 19:00, Umuryango w’abanyeshuri biga Read More …

Babatijwe mumazi menshi biturutse kumbuto cep ur Nyarugenge yabibye muri Kaminuza ya Nyarugenge

Kuri uyu wa mbere tariki y 26.12.2022 kuva saa mbiri kugeza saa tanu zamanywa  muri Paruwase ya Nyarugenge haberereye umuhango kubatiza mumazi menshi abizera bashya , aho habatizwe abagera kuri 119 baturutse muri PARUWASE YOSE ndetse hakakirwa nabandi bavuye muyandi matorero ariko basanzwe babarabatijwe mumazi Read More …

UMWANA URI MUNDA NIWE UGENA IMYITWARIRE YUWO ARIMO || PASTOR ANASTASE NSANZURWIMO

Kuri iki cyumweru taliki ya 25, ukuboza 2022 nkuko bisanzwe bimenyerewe ku bantu bose babakristo (abizeye Yesu nk’umwami n’umukiza w’ubugingo bwabo) buri mwaka umunsi nkuyu baba bizihiza uyu munsi bibuka ivuka ry’Umukiza wacu ari we Yesu kristo. Muri abo bizeye Yesu kristo nk’umwami n’umukiza w’ubuging Read More …

Ijoro ryo gutabaza || Gilgal choir cep-ur Nyarugenge kuri ADEPR GITEGA

Kuri uyu wa kabiri taliki ya 06/12/2022 kuri ADEPR GITEGA nibwo hari hateganyijwe ko hagomba kubera igitaramo kiswe “Ijoro ryo gutabaza” gifite intego igira iti “Ntabaza ndagutabara” igaragara muri Yeremmiya 33:3. Muri iki gitaramo kandi Gilgal choir ikorera umurimo w’Imana muri CEP-UR Nyarugenge yari yatumiwemo Read More …